Turakwamamariza

Turakwamamariza We will help you to make people know your products or services
MBWIRA BAKUMENYE

20/03/2025

Mu cyumweru gishize, kubera gusatira Walikale kwa M23, kompanyi ya Alphamin – imwe mu nini kw'isi zicukura tin/étain - ifitwemo imigabane minini na kompanyi y'Abanyamerika, yahagaritse by'agateganyo ibikorwa byayo mu birombe biri ahitwa Bisie

Ibyo birombe biri ku ntera irenga gato 50km uvuye muri Walikale-centre https://bbc.in/4iBYzDE

20/03/2025

Wifashishije umuseke.rw – Maze gushimirwa nk’umwe mu bafana ba mbere be!

20/03/2025

NTIBISANZWE - Umugabo w’Umunya-Peru w’imyaka 61 yabonetse ari muzima nyuma yo kumara iminsi 95 yaraburiwe irengero mu nyanja, guhera ku itariki 7 Ukuboza 2024.

Uwo mugabo witwa Maximo Napa, yatabawe n’ubwato bwari buri mu bikorwa by’uburobyi bisanzwe, bumusanga mu bilometero hafi 1,094 uvuye ku nkombe, ariko ameze nabi kuko yari afite ikibazo gikomeye cyo kubura amaraso n’amazi bihagije mu mubiri.

Ajya kubura, ngo yari mu bwato bwo kuroba na we, ajya mu nyanja ateganya kumara ibyumweru bibiri gusa aroba ubundi akagaruka, ariko ibibazo by’ikirere kimeze nabi byaje gutuma atakaza icyerekezo, bimunanira kongera kugaruka ku nkombe.

Ubuyobozi bwa Peru bwateguye ibikorwa by’ubutabazi bitandukanye mu rwego rwo kumushakisha, ariko akomeza kubura, none yabonetse nyuma y’amezi asaga atatu.

Kugira ngo ashobore gukomeza kubaho muri iyo Nyanja wenyine, Maximo Napa byamusaga kurya ibyo yabaga ashoboye kubona, nk’uko yabyivugiye, harimo inyenzi, inyoni, n’utunyamasyo.

Ku bijyanye no kunywa, ngo yanywaga amazi y’imvura yiretse ku bwato bwe, imvura itaba yaguye akicwa n’inyota kuko atashoboraga kunywa amazi y’inyanja.

20/03/2025

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yagaragaje ko ateze amakiriro ku masezerano y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro yemereye Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

20/03/2025
20/03/2025

Wifashishije IGIHE – Mpagaze neza! Hashize amezi 3 akurikiranye ndi umufana. 🎉

29/01/2025

Umusizi Kibasumba Confiance akaba n’umwe mu mpunzi zo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), zicumbikiwe mu , avuga ko Ishavu n’umunezero byamuteye guhimba igisigo kigamije gutera imbaraga abarwanyi bo mu mutwe wa , umaze igihe urwana baharanira uburenganzira bwabo.
✍️ Inkuru Irambuye👇
https://imvahonshya.co.rw/yahimbye-igisigo-agitura-m23/

29/01/2025

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yategetse Minisiteri y’Ingabo gusubiza mu mirimo abasirikare birukanywe bazira kwanga gufata urukingo rwa Covid-19.

03/01/2025

Sosiyete ishinzwe Ingufu mu Rwanda(REG) yiseguye ku ibura ry'umuriro ryagaragaye icyarimwe henshi mu bice by'Umujyi wa Kigali no mu zindi Ntara ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu.

REG yavuze ko byatewe n'ikibazo tekiniki, ariko ko harimo gukorwa ibishoboka byose ngo umuriro ugaruke vuba.

Address

0782702212
Kigali

Website

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Turakwamamariza posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Business

Send a message to Turakwamamariza:

Shortcuts

Share